Breaking news&Funny

Breaking news&Funny

Share

For advertisment call +250726931735

01/12/2025

hello umuntu umpa ifoto y'umugabo wa Vestine yasetse ndamutamo 5k seriously

lets go!!!!!

Photos from Breaking news&Funny's post 28/10/2025

Umugore w’umuyobozi wa FDLR wishwe, yongeye kuboneka ari muzima mu Rwanda!

Nyuma y’amezi menshi avugwaho “kuburirwa irengero” muri Congo, Claudine Mukamana, umugore wa nyakwigendera Col. Ruhinda Gaby, wahoze ari mu bayobozi bakomeye ba FDLR, yongeye kuboneka, ariko atari mu buroko cyangwa mu buhungiro, ahubwo ari kubaho mu mahoro n’umutekano mu Rwanda.

Amakuru yemeza ko Mukamana n’umuryango we bafashe icyemezo ku bushake bwo kugaruka mu Rwanda, aho bakiriwe n’inzego z’igihugu kandi bagahabwa ubufasha bwo gutangira ubuzima bushya.

Ibi byasubije abari bamaze igihe bavuga ko “yafunzwe n’ingabo za RDF” cyangwa ko “yishwe”, nyamara ukuri kukaba kwigaragaje: yagarutse mu gihugu cye ku bushake, nyuma y’imyaka myinshi y’ubuhungiro no kubaho mu ntambara.

news&Funny

Photos from Breaking news&Funny's post 28/10/2025

💔 Agahinda k’Igikomangoma Spéciose Mukabayojo 💔

Ni agahinda gakomeye kumenyesha ko Igikomangoma Spéciose Mukabayojo, umwana wari usigaye wa Nyagasani Umwami Yuhi V Musinga, yatabarutse i Nairobi, Kenya 🇰🇪.

Mukabayojo yaherukaga kugaragara mu ruhame mu 2017, aho yafashaga mu gutabariza Musaza we, Umwami Kigeli V Ndahindurwa, mu gushyingura i Mwima ya Nyanza mu Rwanda 🇷🇼.

🙏🏿 Twamusabira guterekerwa iteka, kandi dusabye Imana y’i Rwanda kumuha amahoro y’iteka ✨.

💡 Abasigaye mu bazima twige kandi twubake umurage wacu, umuco wacu n’amateka yacu 📚🌿.

27/10/2025

no caption at all

27/10/2025

The Sudanese clubs will not receive money for the position they will earn in Rwanda Premier League.

Mudaheranwa Yussuf Hadji uyobora Rwanda Premier League yemeje ko amakipe yo muri Sudani atazahabwa amafaranga kubera imyanya bazaba bagize muri shampiyona.

Yagize ati " Twabemereye competition nta mafaranga twabemereye, amafaranga ahari ni aya makipe 16."

Buri kipe yo mu Rwanda uko ari 16 zizahabwa miliyoni 4,5 FRW azabafasha gutegura imikino 3 bazasuramo ikipe yo muri Sudani.

Shema Ngoga Fabrice, Perezida wa FERWAFA yemeje ko aya makipe 3 atazakina igikombe cy'Amahoro.

Nta kipe iziyongeramo, shampiyona izakinwa n'amakipe 19 bivuze ko ku munsi w'umukino hari ikipe imwe izajya iruhuka.

Photos from Breaking news&Funny's post 23/10/2025
23/10/2025
16/10/2025

first born of H.E Paul KAGAME president of RWANDA Republic

09/10/2025

Ingabire Immaculée wari Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, umuryango urwanya ruswa n’akarengane, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane azize uburwayi ku myaka 64 y’amavuko.

Want your business to be the top-listed Beauty Salon in Gikondo?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Telephone

Address


Rusizi
Gikondo