Girubuzima buzira indwara

Girubuzima buzira indwara

Share

healthy and beautiful

21/11/2024

Isubyo home decor product
Call us on wooden furniture service

17/11/2024
Photos from Girubu*ima bu*ira indwara's post 08/09/2022
Photos from Girubu*ima bu*ira indwara's post 08/09/2022

DUSOBANUKIRWE N’INGESO YO KWIKINISHA( Kwisambanya)

+250788901098

Reka dusobanukirwe n’ingeso yo kwikinisha umenye n’uko wobiheba

Kwikinisha bigira ingaruka nyinshi ku bu*ima bw’umuntu, aha twavugamo nko kutavyara, kunanirwa gukora imibonano mpuzabitsina kubashakanye, ndetse bigateza n’amakimbirane mu miryango,

Hari n’abo biviramo ubundi burwayi butandukanye.

Ese wari u*i ico wakoresha urwanye n’ingaruka zo kwikinisha ?

Bishobora kuba ku gitsina gore cangwa igitsina gabo.

Ndetse n’abubatse, benshi kwikinisha barabikora.

ESE KWIKINISHA VYABA BITERWA N'IKI?

Hari impamvu nyinshi zishobora gutera abantu kwikinisha, muri zo twavuga nka:

Kwigunga no kuba wenyene, ibi bikanajana no kuba waba uri kure y’umufasha wawe, nko ku bantu bari mu butumwa bw’akazi bamarayo igihe, kimwe n’abari mu nzu z’imbohe.

Kuba wahemukirwa n’uwo mwakundana ugasigara wumva wakwikemurira ikibazo uri wenyene.

Kureba Film za Porono (Po*******hy) no kureba amafoto y’abantu bambaye ubusa.

Kugira isoni no gutinya indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina.

IBIBI VYO KWIKINISHA:

1.KUBAKOBWA N'ABAGORE

.Kwononekara kwigitsina kigahinduka.
Kutagera kuvyishimo vyanyuma( Kurangiza). kiretse wikinishije.
Kutaryoherwa uri gukora imibonano mpuzabitsina( ubushake buke)
Kutanyurwa nigitsina gabo kiretse wikinishije.
Kwikinisha bitera indwara nyinshi ziterwa nabimwe mubikoresho ukoresha mukwikinisha.

2. KUBASORE N'ABAGABO

• Kurangiza vuba mu gihe c’imibonano mpuzabitsina.

• Ku bagabo vyonona intanga ngabo, zikaba zaba ibihumbwa cnk zikaba amazi.

• Bishobora kwonona ubwonko, ugasanga umuntu arasusumira ndetse n’ingingo ntizikomere

• Bishobora gutera ubugumba( kutavyara)

• Bitera gusaza imburagihe. ( Gutakaza inguvu)

• Bitera kugwara umugongo..

_KWIKINISHA BIGIRA INGARUKA NYINSHI ZITEYE UBWOBA KUMPANDE ZOSE WOWE UKIBIKORA RONDERA UBURYO WABIHEBA_

Niwaba uri Umugabo(umusore) cnk umugore(umukobwa)
Twakure tugufitiye inyishu.

+250788901098

30/08/2022

Ese waru*iko kurangiza bitinze kumugore ari ikibazo???

Kimwe nanone ko kurangiza vuba kumugabo ari ikindi🤗

Reka turebere hamwe mubintu wahura nk'umugore nabyo bikaba byatuma ubushacye bwogutera akabariro nkumugore bugabanuka
👇🏼👇🏼👇🏼

Niba ujya uhura nibi menyako ibyago byo kubura ubushacye byageze iwawe🤗🤗

1️⃣Guhangayika
2️⃣Kubyara bikomeye
3️⃣Gutera akabariro muburyo bumwe
4️⃣ hari Imiti yokwamuganga ishobora kubitera
5️⃣Umunaniro ndetse na tress
6️⃣gutegurwa nabi
7️⃣kwikinisha
8️⃣indwara nka diabete ,umubyibuho ukabije,anemia
9️⃣kunywa inzoga zikabije

Ibibyose nibizakubwira ko kuba wabihiwe nogutera akabariro kugabanuka kwamavangingo no kutarangiza bifite aho byavuye🥺🥺🥺

Dore rero ukuntu bivurwa🤗bikavaho burundu👇🏼👇🏼👇🏼

Ganira nuwo mwashakanye
MUGABO hindura uko uteguramo umugore wawe
Hindura uko mutera akabariro

Niba utarigeze uryoherwa narimwe tugane tuguhe cofee ikuvure ibi bibazo👇🏼👇🏼

Kubura ubushacye
Amavangingo
Stress ikabije

Nawe mugabo 👇🏼👇🏼
intege
ubushacye
intanga nkeya
zokwikinisha

Ibibyose bicyemurwa naga gatoya 🤏🏼katagira ingaruka nimwe mbi bigakira

Nyandikira kuri +250 781 881 668 watsap ngufashe

26/08/2022

? Wtsp+250788901098

Menya neza igikorwa cyo
“Masturbation”
Kwikinisha ni igikorwa cyo gukinisha igitsina gikorwa umuntu agamije kugera ku byishimo bye byanyuma, bikaba bikunze kubaho umuntu ari wenyine. Bishobora kuba ku gitsina gore cyangwa igitsina gabo.

Kwikinisha ni ingeso abantu benshi ku isi bagira cyane cyane urubyiruko kandi bakabikora bishimisha nyamara bigira ingaruka nyinshi ku mubiri w’umuntu arizo zikurikira :

*bitera kubabara umugongo
*byangiriza intanga ngabo zikaba ibihuhwa bikaba byakuviramo ubugumba.
*kurangiza vuba mugihe cyimibonano mpuzabitsina.

*Ku bahungu bituma igitsina kigorama bitewe n’ukuboko bakoresha bikinisha.
*Kuba bazinukwa abo badahuje igitsina kuko baba bumva bihagije.
*Ku bahungu, hari igihe bageraho bajya kunyara n’amasohoro akaza.
*ku bakobwa cyangwa abagore byangiza rugongo kuburyo udashobora kurangiza keretse bikinishije.
*Guhorana umunabi no kwiheba.
*Bishobora kwangiza ubwonko ugasanga umuntu arasusumira ndetse n’ingingo ntizikomere.
*Bishobora gutuma umutima utera nabi.
*Byangiza udutsi two mu bwonko ukaba waba umuntu uhubuka,utazi gufata ibyemezo.
Bishobora gutera ubugumba ku bagabo.
*Bitera gusaza imburagihe
*Guhorana umunaniro ukabije,…

wayicikaho

>Mbere na mbere banza wumve ko kwikinisha ari bibi wiyemeze kubireka,
>Hari nimiti wakoreshaigahangana nizi ngaruka igahagarika niki gikorwa burundu

Umuti witwa
/7

Nawe niba bikubaho cg byarakubayeho waduhamagara +250 781 881 668 watsup kanda LIKE usige Na comment.
Dutanga n'inama kubu*ima.

25/08/2022

AKARANGIZA.

Ese kurangiza k'umugore ni gute, biba ryari kandi ni gute wamenya ko umugore uri kurongorwa arangije?

+250781881668

Ubundi kurangiza k'umugore, n'igihe agera ku vyishimo vye vya nyuma iyo ari gukora imibonano mpuzabitsina.

Benshi ku gitsinagabo batamenyereye kurongora, baba bibwira ko umugore nawe ku vyishimo bya nyuma asohora, agasohora ibintu vyera nkuko ku gitsina gabo bigenda, abandi nabo bakavuga ko iyo urongoye umugore, umucumita cane amazi akaza ko ubwo aba arangije, ariko ntabwo arivyo.

Iyo umugore ushaka kumurongora akarangiza, bisaba kubanza kumutegura kandi ukamurongora igitsinagabo gifite umurego uhagije kandi ntigicike intege.

Gutegura umugore ni ukumushukwisha ku rwego ruhagije mbere yo ku mwinjizamo igitsina, ku buryo umubiri we wiyumva birenze mu gikorwa kigiye kuba, Ibi bisaba umwanya utari muto.

Kimwe mu bikwereka ko umugore yagize ubushake cane, ashobora kugusaba ko ubimukorera cangwa ukabona yikuriyemo imyenda utabimusavye.

Usanga ahanini abagore benshi kurongorwa ntibarangize bibagiraho ingaruka mbi ubwabo ndetse no ku miryango yabo, kuko bibaviramo uburwayi nka hypertation, umugongo, umutwe udakira, guhorana umunaniro ndetse abenshi iyo bitabaviriyemo ku*inukwa abo bashakanye bakihangana birangira basenye ingo zabo cyangwa bagaca inyuma abagabo babo.

Umugabo rero kugirango afashe umugore we kurongorwa akarangiza, bisaba kuba ashyukwa neza igitsina kigafata umurego uhagije, kuba adacika intege atera akabariro kandi atarangiza vuba.

Ariko nanone abagabo bo muri iyi minsi 90% usanga baragizweho ingaruka no kwikinisha abandi ugasanga barwaye ama diabete, hypertation, umuvyibuho ukabije, amibe ndetse n'izindi ndwara usanga zica umubiri w'umugabo imbaraga bikarangira atakibasha kurongora umugore we ngo arangize mu buryo bukwiye bityo kurangiza vuba bigakomeza kuba ikibazo gikomeye kinateza impagara no gusenyuka ku rugo.

Want your business to be the top-listed Beauty Salon in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Category

Telephone

Website

Address


Kigali

Opening Hours

Monday 09:00 - 17:00
Tuesday 09:00 - 17:00
Wednesday 09:00 - 17:00
Thursday 09:00 - 17:00
Friday 09:00 - 17:00
Saturday 09:00 - 17:00