Ubuzima buzira umuze

Ubuzima buzira umuze

Share

Menya uko wakivura indwara zose zitandukanye zitandura

19/06/2022

(Masturbation)

Duhamagare kuri +250786102971(Whatsapp/appel isanzwe)
Woba u*i Ububi bwo Kwikinisha???
Isi ibayeko abagabo n'abasore bafise ingeso yo Kwikinisha maze iyongeso igatuma umubiri wabo uba Nabi ukahakura n'urupfu wishwe na



➡️Kubabara Umugongo
➡️Kurangiza vuba
➡️Kudashukwa
➡️Kubura intanga
➡️Kubura ubushake
➡️Gucika intege mugikorwa
➡️Kwibagwira cane
➡️Kumeneka umutwe bya burikanya
➡️Guhema Nabi
➡️Gutera Nabi kumutima
➡️ Cancer du Prostate
➡️Kugira intege nke
➡️ Intanga zicika Amazi zikabura inguvu
➡️Ubugumba
Niwaba uri Umugabo agendana ibi bibazo uko wabigenza kose ukitanga ukungana Gute Ibi bibazo vyose bicika ubusa

@👆Iyo biruko mugihe OMS iherutse gushira ahabona ko Ingo zitarondoka *1/10* abagabo baba bafise intanga nke,ico gitigiri kirateye ubwoba 🙆‍♂️

Haraho kandi biva kubushuhe,amahinguriro ,bigenda vyankiriza amatengatwa gukora intanga ,👇👇

Ngufitiye Igisubizo Hari ikigo mpuzamakungu kwisi Gifite icicaro USA
Uburambe bw'imyaka 56

Gufasha Abagabo bafise ibibibazo Gikoresheje ingaburo nyunganira mubiri zihinguwe 100% mubimera yizewe nikigo citaho Amagara yabantu # *OMS*

Ibi byongera intanga KUKO umuntu mu*ima asohora 1million/ml ,tugiye kuraba abatwitura dusanga ibice 90% ico kibazo bagifite ,baza kwivuza kubera babona byanze 🌚🌝

Twandikire kugira tubahe umuco wuko mwazibona
+250786102971 Whatsapp/Appel isanzwe

Photos from Ubu*ima bu*ira umuze's post 11/06/2022

+250786102971 (whtsp,call&sms)

-ningaruka_ ziterwa _no_ kwikinisha ndetse_ nuko _wazirinda. # #*

# _sindwara_ ahubwo _ni

itera indwara mbi cyane knd zikomeye zishobora no gutera imfu nyinshi Ku isi

mungaruka zo kwikinisha:
______________
1) :

cancer
nuwo mwashakanye
zamazi ndetse zibihuhwa.

urubyaro
bikazana namasohoro cg amaraso

2) :

yinkondo yumura
yo muri nyababyeyi

uva cyane mugihe waciye imbyaro
umugongo

munda cyane
cyane
ukabije.

🛅🛅Dore igisubizo cyo kwirinda izo ngaruka zose:
* alkaline coffee

Dufite products nziza ziri gufasha abantu

*UKENEYE IBISOBANURO KURUYUMUTI WITINDA INBOX ME TUGUFASHE TURWANYE INGARUKA BITARAGERA KURE, UKUTINDA NIKOWANGIRIKA CYANE*🤷‍♂️🤷‍♂️👇👇

*More info(mugihe ukeneye ibindi bisobanuro) call&whatsapp 0786102971

16/04/2022

Muraho neza kandi mwiriwe igihe Niki cyokuba wasezera izindwara zigiye zitandukanye kandi mugihe gito cyanee

Ubu*ima imbere///life first👏👏

1.umugongo
2.umutwe
3.amibe ndetse ningaruka zayo
4.hepatites ndetse na hypertension
5.masturbation cyangwase kwikinisha
6.kurangiza vuba ndetse NoKubura amavangingo
7.indwara zubuhumekero(asma, sinesite, gripee ndetse nizindi zigiye zitandukanye

8.imihango idakira

Muhumure kandi mushire ubu*ima imbere kuko twabazaniye imiti guturuka munganda ziburayi ndetse nomurizamerika kuko dukorana nizo nganda za nature's way zomuramerika uruganda rwambere kwisi ruproducinga imiti myiza so ubaye nawe ushaka gusezera zimwe murizi indwara watwandikira ntakibazo ukaza ukayifata cyangwase tukagukorera derivering ukakugeraho ntakibazo murakoze cyane

Contact :+250786102971(whatsapp, call, sms)life first ubu*ima imbere

12/02/2022

MENYA INDWARA YA AMIBE N’UKO WAYIKIRA

Indwara y’amibe ni indwara y’inzoka ituruka k’umwanda w’amazi anyobwa cg akoreshwa ndetse n’ibiribwa bidasukuye.ikaba iterwa n’udukoko duto twitwa “Entamoeba histolytica” twinjira mu mubiri iyo uriye cg unyoye ibyandujwe n’amagi yazo.
Iyo utwo dukoko tugeze mu mara dutangira kugenda tuyamunga gahoro gahoro.Amibe kandi zishobora kwangiza umwijima,umutima ndetse zikaba zagera no mu bwonko.

ESE IRANGWA N’IKI?

-Kubabara mu nda
-Kugira umuriro rimwe na rimwe
-Gushaka kujya ku musarane nyamara wajyayo bikanga
-Guhurwa ibiryo bimwe na bimwe
-Kwishimagura,
-kumara kurya ukumva ugize isesemi,………

● wishidikanya kuri products zacu kuko iyi ndwara nimbi cyane DUHEREREYE KIGALI TWANDIKIRE KURI WHATSAPP CYANGWA UDUHAMAGARE KURI +250786102971

ESE IRAVURWA IGAKIRA?

Yego, kuri ubu iravurwa igakira burundu, ubundi ukita cyane ku isuku kuko ituruka ku mwanda
Hari imiti y’umwimerere ikomoka ku buvu*i gakondo bw’Abashinwa n’abanyamerika,ikoreshwa ku rwego mpuzamahanga ivura kandi igakiza Amibe burundu.
Muri yo twavuga nka:
Complete capsule , choleduz capsule,iyi yica ndetse ikamenagura n’ibikonoshwa by’Amibe,hakaba
Cyoza mu mara kigakuramo amagi yazo ndetse n’indi myanda mu mara.
Twabibutsa ko nta ngaruka mbi iyi miti igira kuko yujuje ubu*iranenge mpuzamahanga. Irizewe kandi ikaba ikoze mu bimera.

●dukorera kigali mu mujyi twandikire kuri WHATSAPP cyangwa CALL kuri 0786102971

●N.B nimba utabashije kutugeraho tumenyeshe aho UHEREREYE tukugezeho se

30/01/2022

B NI IKI?

B ni indwara y’umwijima iterwa n’udukoko duto (virus) two mu bwoko bwa B. Utwo dukoko tukaba twinjira mu mubiri tunyuze mu nzira zitandukanye,ubundi dukunze kwiturira mu mwijima.Ni nayo mpamvu bavuga ko ari indwara y’umwijima.

UFITE IKIBAZO WATWANDIKIRA Cg UKADUHAMAGARA 0786102971

UKO IYINDWARA YANDURA?

■Hepatite B yandura binyuze mu maraso cyangwa andi matembabu*i y’uwanduye;
■ishobora kwanduzwa umwana ku mubyeyi igihe abyara cyangwa undi wese uyirwaye akanduza umwana igihe akiri muto.
■Ishobora kandi kwanduzwa igihe uhabwa amaraso kwa muganga igihe bitakozwe neza, kwijomba ibintu bitobora umubiri; nk’igihe uhabwa imiti mu mutsi.
■Hepatite B kandi yandurira byoroshye mu mibonano mpuzabitsina; ku bantu bahuza ibitsina n’abantu batandukanye cg se baryamana n’uyirwaye.

BIZAKWEREKA KO WABA URWAYE IYINDWARA:

ntigaragaze ibimenyetso, cyangwa ukaba wakwitiranya ibimenyetso n’iby’izindi ndwara nk’ibicurane.

:

▪︎Kubura ubushake bwo kurya (Appetit)
▪︎Umunaniro udasanzwe
▪︎Umuriro ariko udakabije
▪︎Kuribwa mu nda
▪︎Iseseme no kuruka
▪︎Gutakaza ibiro mu buryo budasanzwe

BAMWE HIYONGERAHO IBI BIMENYETSO:

●Inkari zijimye
●Kuvira imbere
●Guhinduka umuhondo ku ruhu n’amaso
●Kwituma ibyeruruka
●Guta ubwenge, kumva uzungera, cg kugwa muri coma
●Kumva utonekara uruhu

:Ugomba kwihutira kugana muganga mugihe ufite ibimenyetso twavuze haruguru

Contact :+250786102971

12/01/2022

𝗜𝗻𝗱𝘄𝗮𝗿𝗮 𝘇'𝗶𝗴𝗶𝘁𝘀𝗶𝗻𝗮 𝗚𝗼𝗿𝗲
_________________________

✅Kubura ubushacye bwokubonana numugabo

✅Kubura amavangingo
✅infection zahato nahato
✅Imihango itaza neza
✅Imihango iryana
✅ibibyimba (Myomes)
✅impumuro mbi mugitsina
🌿 kubura urubyaro
# amibe

N'ibindi bisa nibyo ntukibagirwe ko bivamo ibindi bibazo bya cancer

𝙄𝙗𝙮𝙞𝙯𝙖 𝙧𝙚𝙧𝙤
Ngufitiye umuti wowe nyandikira (0786102971) kuri whatsapp ,sms,call

11/01/2022

𝗜𝗠𝗣𝗔𝗠𝗩𝗨 𝗨𝗗𝗔𝗞𝗜𝗥𝗔 𝗔𝗠𝗜𝗕𝗘𝗦
_______________________________

Impamvu ni nyinshi , gusa nanone kenshi cyane, nuko ubu bwoko bw'inzoka bwimuka mugihe unyweye imiti y'amibes, iyo ziri mumara (intestin) zikahita zigira mugifu🪱

buri uko ugenda unywa imiti zikagenda zimuka🪱

Ibi bituma imiti yo kwamuganga yonyine itazivura🤌

Mfite umuti Nyandikira nkuvure bikire burundu

Contact :+250786102971(Whatsapp,call,sms)

07/01/2022

𝐄𝐒𝐄 𝐍𝐀𝐖𝐄 𝐁𝐈𝐊𝐔𝐁𝐀𝐇𝐎? 𝐄𝐒𝐄 𝐖𝐄𝐌𝐄𝐑𝐀 𝐊𝐎 𝐁𝐘𝐀𝐊𝐈𝐑𝐀? 𝐒𝐎𝐌𝐀 𝐍𝐄𝐙𝐀👇👇👇

✔️Kurangiza vuba kubagabo
✔️Kubura kumugore cyangwa umugabo
✔️Kubura ububobere cyangwa kutarekura kumugore
✔️Kugira intangangabo zibihuhwa, z'amazi cyangwa se zitihuta
✔️Kubabara ukora imibonano mpuzabitsina
✔️Gucika intege muri icyo gikorwa
✔️Ingaruka zo kwkinisha

Kwirinda ibyo bibazo rero irinde igikorwa cyo kwinisha kubabikora, ndetse products ya C24/7 na LIVEN COFFEE ziragusubiza ubu*ima ubundi wirinde kwinaniza cyane mugihe urakora icyo gikorwa.

Twandikire kuri watsapp: cyangwa uhamagare: 0786102971call&sms

# MBIFURIJE UBUZIMA BWIZA KURI MWESE.

Want your business to be the top-listed Beauty Salon in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Category

Telephone

Address


Gitega
Kigali
RANGE

Opening Hours

Monday 09:00 - 17:00
Tuesday 09:00 - 17:00
Wednesday 09:00 - 17:00
Thursday 09:00 - 17:00
Friday 09:00 - 17:00
Saturday 09:00 - 17:00