Ubuzima Buzira Umuze
Contact information, map and directions, contact form, opening hours, services, ratings, photos, videos and announcements from Ubuzima Buzira Umuze, Health/Beauty, Kigali.
21/07/2023
*πππ ππππ ππππππππ? πππ ππππππ ππ πππππππ? ππππ πππππππ*
βοΈ *Kurangiza vuba kubagabo*
βοΈ *Kubura ubushake kumugore* *cyangwa umugabo*
βοΈ *Kubura ububobere cyangwa kutarekura kumugore*
βοΈ *Kugira intangangabo zibihuhwa, z'amazi cyangwa se zitihuta*
βοΈ *Kubabara ukora imibonano mpuzabitsina*
βοΈ *Gucika intege muri icyo gikorwa*
βοΈ *Ingaruka zo kwikinisha*
**Twandikire kuri whtsapp,*
+ *250 784 424 650
call&sms cg uduhamagare**
# *MBIFURIJE UBUZIMA BWIZA KURI MWESE.*
*ITANGAZO RY'AMAHUGURWA Y'UMUNSI UMWE ATANGA AKAZI*
Ikigo *D.I GROW SEED RWANDA LTD* gikora ibikorwa by'ubuhinzi n ubworozi kirashaka abantu bashaka gufata amahugurwa y'igihe gito ku buhinzi n ubworozi by'ikoranabuhanga bitanga umusaruro uhagije kndi ku butaka buto,hatumiwe n abashaka gutangira imishinga y ubuhinzi n ubworozi,abayobozi ba koperative z ubuhinzi,aba agrodealers,aba agronomes bigenga n abandi bafite aho bahuriye n ubuhinzi n ubworozi.Abazitabira bazahabwa n amahirwe yo kugihagararira .
Azaba guhera Le14/07 kugeza -30/07/2023
Isaha:8H30-12H30
Azabera muri Junction house mu Gakinjiro ka Nyarugenge Kwiyandikisha ni ukohereza amazina yombi kuri WhatsApp 0784424650 ushyirwe kuri list. Murakoze
06/07/2023
Uko wakwirinda Hemorroide, indwara ibabaza cyane
Uko wakwirinda Hemorroide, indwara ibabaza cyane
Hemorroide ni ukubyimba kwβimiyoboro yβamaraso (veines) yo mu kibuno aho imyanda isohokera igafata ku mwenge wβikibuno mo imbere cyangwa inyuma, maze hakabyimba ku buryo umuntu iyo agiye kwituma ababara cyane
Abantu benshi bakunze kurwara hemorroide ariko bitewe nβaho iyi ndwara ifata bituma benshi batavuga ko bayirwaye kandi burya ngo ushaka gukira indwara arayirata. Umuntu uwo ari we wese ashobora kurwara iyi ndwara haba ku bakiri bato cyangwa se abakuze. Niba usanzwe urwara iyi ndwara rero,ushobora kuyikira mu gihe gito cyane kandi mu buryo bworoshye.
Ese ni iki gitera iyi ndwara?
Iyi ndwara ishobora guterwa nβibintu bitandukanye birimo: Kuba hari umuntu wo mu muryango wawe uyirwara, Indyo idakungahaye kuri fibres, Gufata ibyo kunywa birimo alcool, Kugugarara cyangwa se gucibwamo, Guhora wicaye umwanya munini, Gutwita cyangwa se kubyara, Umubyibuho ukabije, isuku nke ku mubiri wawe, kwikorera ibintu biremereye, Kutanywa amazi menshi,β¦
Ibimenyetso byayo ni ibi bikurikira:
Kubabara mu kibuno, kuribwa cyane mu gihe uri kwituma, kuzana akantu kameze nkβakabyimba mu kibuno,β¦
Hari uburyo bwiza bushobora kugufasha gukira hemoroide burimo gufata glyceline ugasiga ahababara bifasha gutuma horoha ndetse nβuburibwe bukagabanuka.
Gufata byo kurya bikungahaye kuri fibre bizakurinda kugugarara ndetse bigufashe kwituma ibyoroheje bityo bikurinde ububabare.
Gufata amavuta ya coco ukayasiga ahafite ikibazo,ndetse no gufata vinaigre ukavangamo utuzi duke ubundi ukajya usiga ahari ikibazo, ukabikora gatatu ku munsi
Guhindura ubuzima wabagamo: Kugabanya stress, kuruhuka bihagije, kwambara imyenda yβimbere ikoze muri coton, kwirinda kwicara umwanya munini, guhagarika ibintu bifite alcool, kunywa amazi menshi nibura litilo 2 ku munsi ndetse no kwirinda ibiryo byo mu nganda.ushaka ubufasha namuganga duhamagare cg utwandikire kuri +250 0784 424 650
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Contact the business
Telephone
Website
Address
Kigali
