Kwita ku buzima

Kwita ku buzima

Share

kwita ku bu*ima

11/12/2023

Twandikire cgangwa uduhamagare kuri +25(0787382954)

11/12/2023

Twandikire cyangwa Uduhamagare tugufasha muburyo bwose ushaka dukora driver). call on WhatsApp +25(0787382954)

11/12/2023

* /FIBROIDS_BYIBASIRA_ABAGORE_NABAKOBWA*
Niba wibonaho ibi bimenyetso ihutire kwivuza ibibyimba bitaragukuriramo bikaba binini cyane; +250 787382954

Ibibyimba byitwa ”Myoma cg Fibroid mururimi rw'icyongereza” ni ibibyimba bifata kuri nyababyeyi bigakurira mu mikaya yayo.Ahanini ibi bibyimba biba bitandukanye mu bunini bimwe ari bito ibindi ari binini.Nubwo hari myoma zitagaragaza ibimenyetso ariko hari n'izibigaragaza.

byerekana ko ufite ibyo bibyimba;

•Kubabara mu kiziba cy’inda
•Imihango myinshi kandi imara igihe kirekire
•Kubyimba inda ukajya wumva umeze nkaho utwite cyangwa se ukibwira ko wabyibushye ariko ukabona ubyibuha inda gusa
•Kubabara cyane mu gitsina igihe ukora imibonano mpuzabitsina
•Kudasama(ubugumba)
•Constipation
•Kwihagarika ukababara
•Kuribwa umugongo
•Gukuramo inda wikurikiranya
•Kubyara abana batagejeje
igihe cyo kuvuka
Ni iki gitera ibi bibyimba muri nyababyeyi ?
Nubwo impamvu zitera ibi bibyimba muri nyababyeyi zitavugwaho rumwe,ahanini hagarukwa ku mpamvu y’imisemburo myinshi ya Estrogen bikaba bigaragazwa nuko ibi bibyimba bitangira gufata umugore cyangwa se umukobwa wageze mu gihe cy’ubwangavu,bikaba bidashobora gufata umuntu igihe umubiri utaratangira gukora imisemburo ya Estrogen.

Ikindi kigaragaza ko iyi misemburo ariyo nyirabayazana nuko ahanini iyo umugore ageze muri menopause bya byimba bigenda kuko na wa musemburo uba ugenda ugabanuka mu mubiri.

biravurwa bigakira?

Mbere wasangaga umuntu wagaragayeho ibibyimba muri nyababyeyi bafata umwanzuro wo kuyikuramo bitewe n'urwego bigezeho cg kubibaga ubwabyo nubwo bikunze kugaragara ko iyo bibazwe utukiri dutoya twongera tugashibuka kuko igihe babaga ibinini tuba tudashobora kubagwa.
Ariko ubu habonetse products zihangana nabyo zikabiyengesha bigashira mu nda!!
Igihe ibibyimba bikiri bito bikazagenda bishira gahoro gahoro bikareka gukura ndetse bigakira burundu.

Niba ufite iyi ndwara cg ukaba u*i umuntu ubirwaye wa

05/12/2023

Ukeneye iyi product wamvugisha hab watsapp cga call isanzwe (+250787382954)

20/11/2023

Kikakurya?
Ufitemo acid nyinshi?
Ufitemo ibisebe?
Cyaragukuye kubiryo?

Nyandikira nawe ngufashe kugikira

Nimero +250787382954/+250727989012 watsapp

20/11/2023

Inbox turagufasha

15/11/2023

𝐄𝐒𝐄 𝐍𝐀𝐖𝐄 𝐁𝐈𝐊𝐔𝐁𝐀𝐇𝐎? 𝐄𝐒𝐄 𝐖𝐄𝐌𝐄𝐑𝐀 𝐊𝐎 𝐁𝐘𝐀𝐊𝐈𝐑𝐀? 𝐒𝐎𝐌𝐀 𝐍𝐄𝐙𝐀👇👇👇

✔️ Kurangiza vuba kubagabo
✔️ Kubura ubushake kumugore cyangwa umugabo
✔️ Kubura ububobere cyangwa kutarekura kumugore
✔️ Kugira intangangabo zibihuhwa, z'amazi cyangwa se zitihuta
✔️ Kubabara ukora imibonano mpuzabitsina
✔️ Gucika intege muri icyo gikorwa
✔️ Ingaruka zo kwikinisha

*Twandikire kuri whtsapp,
+ 250 727989012/+250787382954 call&sms cg uduhamagare*

# MBIFURIJE UBUZIMA BWIZA KURI MWESE.

15/11/2023

Niba wabasha gucuruza
Dukeneye aba Distributors Aho waba uherereye hose.
Call-watssap +250787382954/+250727989012
Tugusobanurire

15/11/2023

!!!

Indwara ifata inzira z'ubuhumekero itewe dukoko twibasira tumwe mu duce ndetse nudusabo twuru rwungano tukangirika kuburyo bukomeye ugatangira kubabara mu gihanga,umutwe mumazuru ndetse no mu nkanka! Kandi ugahumeka bigoranye

Rimwe narimwe bitewe nimyumvire tuba dufite kubintu bitandukanye bituma tubifata uko bitari
Nshaka kubwira wowe urwara cg u*i umuntu ufite u*iko zidakira ko ari ikinyoma. kuko ubushakashatsi bwerekanye ko mu Rwanda Hari imiti ivura Burundu.
Niba u*i umuntu u*irwaye yarabuze umuti Mbaza umuti kuri

+250787382954_+250727989012(call-watssap) Cg usige nimero yawe muri comment tukuvugishe

Nawe tumuhuze nabo bamuhe umuti akire burundu

Want your business to be the top-listed Beauty Salon in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Category

Telephone

Website

Address


Kigali