Tuzamurane business
Twitezimbere
04/02/2022
06/11/2021
NKURU MPAMO.
----------------------------
Umusaza wari umuhinzi yandikiye umwana we waruri muri gereza ati: "Mwana wa, uyu mwaka sinzahinga ibijumba kuko maze gusaza cyane kuburyo ntabasha guhinga umurima."
Ati: "Ndabizi iyo uba uhari wenda wari kumfasha."
Nuko Umuhungu we nawe aramusubiza: Papa, ntuzanatekereze guhinga uriya murima kuko niho nahishe y'amafranga nibye.
Nuko Police imaze gusoma rwa rwandiko umunsi ukurikiyeho, Police yirirwa ihinga wa murima ishaka ayo mafranga, ariko barayabura.
Umunsi ukurikiyeho wa Muhungu yandikira se ati: Noneho watera ibijumba byawe Papa...icyo nicyo nakagufashije nk'umuntu uraha ndi.
VUGA IJAMBO RIMWE KURI UWO MWANA.
Niba ugakunze kora "LIKE" na "SHARE"
09/10/2021
INKURU UKWIYE GUSOMA
__________________________
Nitwa Mary mfite imyaka 23
Nturuka mu muryango wari ukennye nakuze
mbona turya rimwe ku munsi kandi nabwo
bigoranye.
Nababazwaga bikomeye no kubona Papa atagira
akazi kandi nkababazwa no kubona mama ari
ikimuga yaranyunyutse ukuguru kumwe ngahora
nifuza ko papa yagira akazi maze mama nawe
akagira amaguru mazima.
Ariko nkiri muto mama yakundaga
kumpamagarana akanyamuneza akampamagara
Umuhanu*ikazi akabinyita kenshi maze gukura
mubaza impamvu anyita uko.
Ambwira ko ubwo yantwitaga hari umu pastor
wamusengeye amubwira ko atwite umuntu
ukomeye uzakiza abantu uburwayi agahanura.
Sinahise mbyizera ariko nyuma y'imya 7 ndi mu
cyumba cyanjye numvise ijwi rimbaza riti"kuki
utinda gukiza ubwoko bwanjye no kubuha
umugisha??"
Bivugwa incuro eshatu rirongera riti ibyifuzo
byawe byasubijwe kandi icyo uzansaba cyose
nzakiguha ndi Imana ikomeye"
Uwo mwanya nahise nuzura umwuka mvuga
indimi bidatinze nk'uko nabyifuzaga Mama
kwakugura kwabaye ku*ima nk'ukundi kandi papa
ahamagarwa gukora akazi muri company ikomeye
guhera ubwo uwo nsabiye umugisha akawubona.
Mana icyo ngusaba cyose urakimpa nsabiye
umugisha umuntu ufashe uyumwanya agasoma
iyi nkuru
Nsabiye umugisha w'ubutunzi uwandika # Amena
azasoze uyu mwaka ageze ku ntego ze
zose,ndabona Imigisha imwisukaho Amarembo
y'imigisha arafungutse ibyo ubona byari
byarakwangiye byose bigiye gukunda mu izina rya
Yesu
NB:Bizasohorera ku muntu utaribubisuzugure ngo
yirengagize kwandika # Amena no gukora # share
ku bisuzugura ni ukwanga ko bigusohoreraho,
urabe maso satani ntagutere ubunenganenzi ngo
iyi migisha igucike!!! SHARE
Mwiriwe neza nshuti zacu! turashimira abakomeje gusura page yacu! Twongera kubibutsa kwizigamira kubyo mwabashije kubona mutabisuzuguye ko Ari bike, icyo dukora Ni uguhuza urubyiruko muri buri karere na buri murenge, tukabigira umushinga y'ibyo nakora, dukurikije ibijyanye naho batuye, tubahuza n'ahagarariye urubyiruko, kugirango badufashe mumishinga yateguwe, twe ntakundi tubasaba uretse kwizigamira, buri muntu niwe u*i uburyo agomba kwizigamiramo, tubamenyesha ko buri kwezi tariki 14, dukora inama uko twegeranye muri yamirenge dutuyemo, murakoze twiteze imbere turwanye ubushomeri n'ubukene!ππ¬π«ππ§βπ€βπ§π¬
Mwiriwe neza nshuti zanjye! Ngarutse kubasaba kdi mbutsa ku*igama, kumafaranga mubonye yose mutayita make kuko iyo ufute icyo ugamije gukora aragwira, icyo mbasaba abiyemeje urugendo rwokwiteza imbere, Ni amazina yawe, nimero ya telefone, aho uherereye, akarere, n'umurenge, kugirango tubashe kubahuza uko mwegeranye, NB:ntihagire umuntu ugira icyo agusaba akwizeza ibitangaza, ahubwo haranira gukora ibyawe, intego Ni uku*igama ubundi tugakora amashyiraha dukurikije uko abantu babasha guhura bitagoye abagize ishyirahamwe, murakozeπ mbifurije iterambereπ¬π«π
Mbanje kubasuhuza nshuti zanjye!π Urubuga rugamije kwiteza imbere, cyncyane rubyiruko Dore akazi karabuze ariko turagafite kuko akazi nitwe, mbere nambere izigamire bike ubasha kubona, ndashaka ko buri wese aho atuye ashaka akantu gato Akira atitaye ngobarambona gute, Nb buri kwezi tuzajya dukora inama dutekereza kumushinga uciriritse tuzakora, murakoze!ππ¬π¬π¬π¬π¬π¬π€π€π€
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Telephone
Website
Address
Rubavu
